Perezida w’Arijantine yavuze ko ateganya gukura igihugu cye muri OMS
Bamwe mu bayobozi b’ibihugu by’Abarabu baramagana umugambi wa Perezida w’Amerika Trump wo kwigarurira intara ya Gaza.
Rwanda: Sylvain Sibomana ubushinjacyaha burega gushaka guhirika ubutegetsi buriho yahakanye ibyo aregwa.