Kinyarwanda

UBURYO BWO GUTSINDA NEZA.


Listen Later

Nko mu buzima bw' Umwami Dawidi, dushobora kwiga gutsinda binyuze mu gutsindwa. Mu buzima bwe bwose, Dawidi yari urugero rwiza. Ariko mugihe kimwe cyubuzima bwa Dawidi, yakoze ibyaha byubusambanyi nubwicanyi; umwaka wose, yagerageje guhisha icyaha cye. Ibyaha bye bitwereka ko n’abantu bubaha Imana bashobora gutwarwa nikigeragezo niba batitonze. Ubuzima bwa Dawidi butwigisha ko icy'ingenzi ari ibyo dukora iyo tunaniwe.
...more
View all episodesView all episodes
Download on the App Store

KinyarwandaBy Foundations by ICM