1.Kagame ati :″ twagiye dukemura ibibazo ariko ntabwo twigeze twivuga ibigwi.″
a.Perezida Kagame yabwiye abayobozi b’ibigo by’ubucuruzi icyatumye u Rwanda rushora imari mu ikoranabuhanga
b.u Rwanda rwakoze impinduka rukava mu gihe rwageragezaga gushaka amaramuko none rukaba ruri mu gihe cyo kubaho.
c.Igihugu cyahereye mu gushora imari mu baturage, mu buzima, uburezi n’umutekano, none kikaba kigeze mu gihe cyo gusigasira iryo terambere.
d.Icyizere cyo kubaho ku Munyarwanda cyari imyaka 41, ubu kikaba ari 67, avuga ko ishoramari ryose rishingiye ku gusigasira iyi ntambwe kugira ngo idasubira inyuma.
e.Iyi gahunda hari abatekerezaga ko itashoboka, bakajya inama yo kuyisimbuza ibiryo.
f.Twabajijwe uko ushobora gutekereza ku ikoranabuhanga mu gihe abaturage bawe badafite ibiryo.
2.Umuyoboro mugari wa Internet (Fibre Optique) ureshya n’ibirometero 4 500,
a.Internet ya 4G yagejwejwe mu gihugu hose.
b.Icyo tubashakaho cyane icya mbere ni ubuvugizi, kugaragaza igihugu mu mahanga n’ibyo tumaze kugeraho,
c.Abatunze telefoni ngendanwa mu Rwanda bageze kuri 76.2% aho abarenga miliyoni 8.5 bazitunze, naho abagerwaho na Internet bakaba ari 33%.
3..Hari ibigo by’amashuri bishobora gufungwa n’abanyeshuri bakirukanwa burundu kubera telefone.
a..Kagame aravuga ko yateje imbere ikoranabuhanga .
b.Ikoranabuhanga baririmba rigaragara he mu Rwanda?
c.Smart Classroom zitagira internet , abanyeshuri batagira intebe bicaraho, amashuri yenda kugwa ku banyeshuri.
d.Iterambere ryu Rwanda ryubakiye kubantu bakeya cyane bari mugatsiko.