HOST: Serge Ndayizeye
TOPIC : AMERICA IZAFATIRA IBIHANO U RWANDA, BURUNDI NA CONGO NIBAHINDURA ITEGEKOSHINGA
Mu kiganiro yagiranye na Radio mpuzamahanga y’Abafaransa “RFI”, Russell Feingold uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) mu Karere k’Ibiyaga bigari yihanangirije ba Perezida w’uRwanda, uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) cyangwa uw’u Burundi ushobora kugerageza guhindura itegeko nshinga kugira ngo abone uko aguma ku butegetsi kuko ngo uzabikora Amerika izamufatira imyanzuro.
Russel Feingold uhagarariye USA mu Karere k’Ibiyaga bigari yihanangirije aba baperezida kutazahirahira bahindura itegeko nshinga.
Russel Feingold uhagarariye USA mu Karere k’Ibiyaga bigari yihanangirije aba baperezida kutazahirahira bahindura itegeko nshinga.
andikira [email protected] cyangwa utubwire niba hari ibyo uzi ushaka kutubwira hano kuri radio Itahuka
facebook/ijwi ryihuriro nyarwanda/itahuka
follow us on twitter: rnc_usa
call in to listen Live 347 945 6449