1.U Rwanda rurakangurira abanyarwanda kwitabira kujya gukorera muri EAC
a.Kubyaza umusaruro amahirwe aboneka muri EAC
b.Abanyarwanda batinya kujyamuri EAC
2.Inama y'umwiherero izaba le 24 kugera
a.Umwiherero uzareba aho vision 2020, Gahunda ya Gov 7 years, Vision 2050
b.Telphone za Mobile zigomba kubyazwa umusaruro.
3.Urukiko rw'ikirenga ruti twemera ko ibifi binini bihari.
a.Prof Sam Rugege ati ntabwo ari akazi kacu ko kujya kubishaka.
4.Ese hari impanvu zaba zivugwa cyangwa zizwi zatumye Mukaruriza na Gatare Francis bahindurirwa imirimo?
a.Inama ya Gov yirukanye abapolice beshi kubera impanvu zo kwitwara nabi.
b.Ese niki gituma umuntu ushinzwe umutekano yitwara nabi?
5.U Rwanda rwazamuye umusoro kugirango rubone amafaranga yo kujya muri African Union.
a.Kwigira no kwiheje agaciro no kwishakamo ibisubizo & Vision 2063
b.Umusoro uzajya uturuka kubantu batumiza ibintu hanze
6.U Rwanda rwashyize kwisoko izindi mpapuro mpesha agaciro "Treasury Bond" zifite agaciro Miliyari 10 z'amafaranga yu Rwanda
a.Ikibazo cy'ubukene kirigaragaje mu Rwanda