1.Urugendo rwa Minisitiri w'ingabo wa Zimbabwe mu Rwanda
a.Minisitiri w’ingabo muri Zimbabwe, Muchinguri Kashiri, wari Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ku butumire bwa mugenzi we, Gen Major Albert Murasira.
b.abaminisitiri bombi baganiriye ku buryo bwo gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, inama yabereye ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda (RDF) i Kimihurura.
c.Minisitiri w’ingabo muri Zimbabwe, Muchinguri Kashiri,yagize ati: "Icyo twaje gukora uyu munsi ni ugusangira amakuru ajyanye n'ibibazo ibihugu byacu byombi bihura nabyo; harimo ibikorwa by'iterabwoba mu bihugu byacu, mu karere kacu ndetse no ku mugabane wa Afurika.
d.Zimbabwe kandi yahaye u Rwanda amakuru arebana n'umutekano w'ikibazo cyo muri Mozambique gihagaze.
2.Urugendo rwa President wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra i Kigali mu Rwanda
a.Faustin-Archange Touadéra azasura u Rwanda ejo kuwa kane
b.Paul Kagame afitanye umubano mwiza na President Faustin-Archange Touadéra kuva mu mwaka wa 2014
c.Kagame yohereje ingabo muri Centrafrique kuva muri 2014
3.Ingaruka za Covid19 zikomeje kwigaragaza muri Business zitandukanye mu gihugu
a.Leta iravuga ko ikomeje gahunda yo gukingira Covid-19
b.Abakora ubucuruzi baravuga ko ingaruka za Covid-19 zikomeje kubagiraho ibihombo