1.Abaturage baravuga ko ibyemezo bibafatirwa birimo kubateza umutekano mukeya ubwabyo.
a.Leta yakajije ibihano bikomeye kubantu bari burenge ku mabwiriza ya Guma mumujyi no guma mu karere.
b.Abaturage baravuga ko ibyemezo bibafatirwa batabajye guhabwa umwanya wo kuva munzira ngo bajye aho basanzwe batuye.
c.Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda yavuze ko uburenganzira bw'umuturage buhonyorwa mu byemezo Leta imufatira.
d.CRADHO
2.FIFA igiye kwimurira icyicaro cyayo Regional cyari Addis Ababa muri Ethiopian ikijyane i Kigali mu Rwanda.
a.Ubusanzwe FIFA ifite Office Regional 3 muri Africa arizo: muri Ethiopian , Senegal na South Africa.
b.FIFA ifte izindi Regional Development office muri India, Malaysia, New Zealand, Panama, Paraguay, Barbados, Leta zunze ubumwe z'abarabu.
3.Roger Lumbala wayobora umutwe w'inyeshyamba RCD-N yatawe muri yombi i Paris muri France.
a.Dr Denis Mukwege yishimiye ifatwa rya Roger Lumbala.
b.Imiryango y'uburenganzira bwa mu ntu nayo yanejejwe nuko Roger Lumbala yatawe muri yombi.
4.Raporo ya UN yongeye gushimangira ko ingabo za Kagame ziri muri Congo.
a.Hashize imyaka igera kuri 3 Raporo ya UN igaruka kuba ingabo zu Rwanda ziri kubutaka bwa Congo ariko u Rwanda rukabihakana.
b.Abadepite muri Congo barasaba ko Minisitiri w'umutekano yitaba inteko nshinga mategeko agatanga ibisobanuro.