1.Umuryango wa Paul Rusesabagina ufatanyije n'abanyamategeko bareze kompanyi y'indege ya GainJet mu rukiko mu ntara ya Texas .
a.Umuryango wa Rusesabagina hamwe n'abanyamategeko baravuga ko kompanyi ya GainJet yanze gutanga ibisobanuro bayisabye.
b.Ikinyamakuru cya Courthouse news service cyavuze ko iki kirego gikubiye mu mpapuro z'amapage 90
c.Iki kirego cyashyikirijwe urukiko rukuru rwa "federal court" mu mujyi wa San Antonio, Texas
2.Dan Munyuza ari mu bikorwa byo guhungabanya impunzi z'abanyarwanda muri Zambia
a.Dan Munyuza azwiho kuba umurozi ukomeye cyane muri Leta y'agatsiko
b.Dany Munyuza usibye ibyaha byo kuroga asanzwe aziho kuba n'umwicanyi kabombo
c.Amb Rugira Amandin akaba ariwe utegura ibikorwa byishi byo kugirirana nabi impunzi afatanyije na leta y'agatsiko
d.Dan Munyuza yavuze ko hari ibikorwa bitegurirwa muri Zambia bigahungabanya akarere ndetse n'igihugu cyu Rwanda.
3.Inama y'abaminisitiri yaraye ifashe ibyemezo byo gukumira Covid -19
a.Inama yongeye gufata icyemezo cyo kubabanya abantu bakoresha Bus na Taxi kutarenza abagenzi 50%.
b.Kaga yirukanye uwari umuyobozi wa RURA , Patrick Nyirishema ndetse ahita amusimbuza Dr Enest Nzabimana
c.umukwabu washyizwe kuva saa 9 za ni njoro kugera saa 4am za mugitondo naho i Musanze ni ukuva saa 7 za nijoro kugera i saa 4 za mu gitondo
d.Abantu bakomeje kwinubira ibyemezo bifatwa muri Covid-19 mugihe abaturage batunganirwa na nagato
e.Kaga ngo azaganira n'abayobozi , abaturage n'abanyamakuru ababwira uko igihugu kizaba gihagaze "The State of the Union Address "