1.Tribert Rujugiro yabwiye Radio ya VOA uko yakiriye icyemezo cy'urukiko rwa EAC Community.
a. Rujugiro yabwiye Radio ya VOA ko icyemezo cy'urukiko rwa EAC ari nka Cadeaux ya Bonne année abonye.
b.Rujugiro yashimangiye ko usibye inzu y'ubucuruzi ya UTC, hari indi mitungo ye yose Leta y'agatsiko yamaze gutwara.
c.Rujugiro avuga ko adakeneya amafaranga ko ahubwo yifuza imitungo yajye.
d.Rujugiro avuga ko agiye kuvugana n' abanyamategeko kugirango amenye icyo agiye gukora.
e.Ese mubona agatsiko kazabasha kwishyura Rujugiro?
2.Abaturage bo muri Kigali Ngari baravuga ko iyo babonye imodoka z'umutekano bahita birukanka.
a.Abaturage baravuga ko iyo babonye imodoka bahita birukanka kubera gutinya inzego z'umutekano.
b.Abaturage baravuga ko bahahamutse kuko bacibwa amafaranga kandi ntayo bafite.
c.abaturage b'Umurenge wa Rutura barashimangira uburyo ubutegetsi bubahohotera.
3.Leta iri kwishyuza abantu 2416 umwenda bayifitiye wa miliyari 11,7 Frw.
a.Abantu 2416 babereyemo Leta umwenda ungana na miliyari 11,7 Frw waturutse ku mafaranga yagiye itsindira mu manza zitandukanye.
b.Urutonde rw’abishyuzwa na Leta rukorwa buri mezi atatu, urwashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubutabera mu Ugushyingo uyu mwaka, rugaragaza ko abantu 2416 bayibereyemo 11.719.858.881 Frw.
4.Inzego z'umutekano muri Uganda zatahuye gahunda yo kwica, gutwika, guteza umutekano muke muri iki kihe cy'amatora.
a.Uganda:Inzego z’umutekano zatahuye umugambi wo kwica Bobi Wine no gutwika Kampala.