1.Gufata abana bajyenda mu muhanda bakajyanwa gufugwa mugihe Leta irega abana kuba batiga , bakaba badafite isuku.
a.Abana basaga 162 bo muri Rubavu basubijwe mu miryango yabo mu gihe bari bamaze igihe barafashwe n'inzego z'umutekano baregwa kuba inzererezi.
b.Aba bana ngo basaga nabi bituma bafatwa bajyanwa gufungwa.
c.Ababyeyi basinyanye amasezerano n’ubuyobozi.
2.Ese Coronavirus yaba igiye gutambambira inama ya "CHOGM" iteganyijwe kubera i Kigali mu kwezi kwa 6 ?
a.Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo byari biteganyijwe muri iyi weekend ishize ndetse n'ibindi biteganyijwe.
b.Uyu munsi i London mu bwongereza bizihije umunsi wagenewe uyu muryango wa Commonwealth Day.
c.I Kigali mu Rwanda Min Vincent Biruta ari kumwe na Jo Lomas High Commissioner to Rwanda bakaba bizihije uyu munsi.
d.Ibitaramo byahagaritswe byaje kuba ariko nta muntu numwe uhari , bikaba ngo byaciye kuri Youtube .
e.New Times yasibye inkuru yari yanditse kuri Coronavirus mu Rwanda.
3.Ibinyamakuru bya Kigali biranenga imyitwarire y'igihugu cya Uganda.
a.Pres Museveni nyiyagaragaye mu nama ihuza Uganda-Europe Business Summit.
b.Abashoramari benshi basubijwe iwabo nyuma yuko banga kubahiriza ibyasabwaga mu gihe cy'isuzumwa rya Coronavirus.
c.Iyi nama yatakaje abantu batari bakeya bari kuyitabira ariko batabashije kuza kubera icyorezo cya Coronavirus baturuka muri Italy, Germany, France na Spain.
4.I Buffalo muri New York habereye Misa n'ikiganiro cyo kwishimira legacy ya Kizito Mihigo.
a. Turavugana na Rubens Mukunzi uri mu bateguye iki gikorwa.
b.Ibitambo bya Misa birakomeje hirya no hino ku Isi, twabibutsa ko muri weekend
c.i Dayton muri Ohio, ,le 14/03/2020 saa 11am,
d.I Montreal muri Canada, le 14/03/2020 saa
e.Queensland muri Australia le 14/03/2020 saa 1pm.
f. Sydney muri Australia le 14/03/2020 saa 1:30pm.